Bushali kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Ukuboza 2019 abinyujije kuri konti ye yatangaje ko yamaze kubohoka ubu ari hanze, ni nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwari rwategetse ko bafungwa iminsi 30 y’agateganyo mu isomwa…
Soma inkuru irambuyeAuthor: HIPHOP Yacu
Bushali na Slum Drip ndetse na Carine bari bafunganywe bafunguwe by’agateganyo.
Ni nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwari rwategetse ko bafungwa iminsi 30 y’agateganyo mu isomwa ry’urubanza ryabaye tariki 4 Ugushyingo 2019. Nyuma yo kutanyurwa n’imyanzuro y’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge Bushali n’abo bareganwa bahisemo kujuririra Urukiko rwisumbuye…
Soma inkuru irambuyeDJ Toxxyk agiye gushyira hanze indirimbo yakoranye na Angell Mutoni ndetse na K1vumb1 K1ng.
DJ Toxxyk ni umwe mu bakora umwuga wo kuvanga umuziki bagezweho mu Mujyi wa Kigali, abasohokera mu bitaramo bikomeye byitabirwa n’abahanzi baba baturutse hanze y’iguhugu baramuzi cyane. Ikindi twavuga nuko Dj Toxxyk ari umwe mu…
Soma inkuru irambuyeShafty Ntwali niwe wegukanye igihembo cy’umuhanzi mwiza wa Hip-Hop muri Kivu Awards 2019.
Mu Rwanda hari hamaze igihe batora abari mu marushanwa y’abahize abandi mu guteza imbere umuziki ndetse n’abakora umuziki bo mu turere dukora ku kiyaga cya Kivu aho gutora byakorerwaga kuri internet ku rubuga rwitwa www.isi.rw….
Soma inkuru irambuyeBimwe mu bikomerezwa muri Hip-Hop nyarwanda bigiye guhurira mu gitaramo kimwe.
Mu mujyi wa Kigali hateguwe igitaramo kigiye guhuriramo bamwe mu bahanzi bakomeye muri Hip-Hop nyarwanda abo wavuga ko bubatse izina muri Hip-Hop nyarwanda. Iki gitaramo cyizaba kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6-12-2019 kuri Hangout…
Soma inkuru irambuyeNi iki wakwigira kuri Johnson Kaya wahembwe muri KIVU Awards 2019 nk’uwafashije kumenyekanisha abahanzi.
Amazina ye ni Ndekezi Johnson akaba akunze kongeraho akandi kiyitiro ka Kaya, gusa akaba nta hantu atanga ubusobanuro ndetse naho iryo zina Kaya rikomoka, Gusa muri 2015 yigeze kugira studio recording yakora indirimbo yari iherereye…
Soma inkuru irambuyeIzina n’igihe album nshya ya Ice Nova izasohokera byamenyekanye.
Ice Nova ni umwe mu bahanzi bo mu nzu y’umuziki imaze kumenyekana mu Rwanda kubera imbaraga z’ababa muri iyi nzu yitwa Green Ferry Music, akaba ubusanzwe afite album ye ya mbere yise “Ubuvanganzo” yagiye hanze…
Soma inkuru irambuyeBidasubirwaho umuraperi DaBaby yamaze gusinya muri Universal Music.
Jonathan Lyndale Kirk wavutse mu kwezi kwa 12 ku itariki ya 21, 1991 uzwi muri muzika nka DaBaby wahoze wiyita Baby Jesus akaba umunyamerika w’umuraperi ndetse n’umwanditsi w’indirimbo akaba avuka muri Charlotte, mu majyarugu ya…
Soma inkuru irambuyeA-Z Music badutangarije byinshi ku gikorwa bateguye cyo kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko.
A-Z ni inzu itunganya umuziki kuburyo bw’amajwi na mashusho iherereye i Musanze ikaba ifite abahanzi 5 bakorana mu buryo bw’amasezerano ndetse n’abandi bakorana n’iyi nzu mu buryo butari amasezerano yo kubakurikiranira ibihangano. Day Maker,Jazzy,Trezy na…
Soma inkuru irambuyeLil Uzi Vert yasobanuye impamvu atakigendana na 21 Savage ndetse na Nicki Minaj.
Lil Uzi Verte ni umwe mu byamamare byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri trap, uyu yamenyekanye mu myaka micye ishize akaba avuka mu gace ka Philadeliphia yatangaje impamvu atakigendana n’inshuti ze magara zirimo…
Soma inkuru irambuye